Politiki

Perezida Ndayishimiye asanga amatora ahombya Uburundi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimye, yatangaje ko amatora ahombya igihugu kandi ko amafaranga ashorwamo yakabaye yifashishwa mu bikorwa byo guteza imbere abaturage. Ubwo yatangizaga (…)

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwahuye n’uruva gusenya mu rubanza rwa Lt Gen Yav rwajemo Rtd Gen. James Kabarebe

Urubanza ruregwamo Lt Gen Philémon Yav Irung rukomeje kuba kimwe mu byateye impaka zikomeye mu nzego z’ubutabera bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ku wa 21 (…)

Byagenze gute ngo Tshisekedi yihakane Kabila? Hamenyekanye amasezerano y’ibanga basinyanye mbere y’uko amwibira ubutegetsi

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akunze kumvikana ashinja Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi kwica amasezerano bagiranye, ubwo (…)

Udukingirizo tugiye kujya tubona umugabo dusibe undi

Uruganda rwa Karex rwa mbere ku Isi rukora udukingirizo rwinshi, rwatangaje ko rugiye kuzamura igiciro cyatwo ku kigero cya 30% kubera intambara ikomeje kubera intambara ya Iran na Leta Zunze (…)

U Burundi bwahawe drone 5,000 zo kwifashisha mu gutera u Rwanda

Amakuru atandukanye akomeje gucicikana mu karere k’Ibiyaga Bigari aragaragaza ko umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamo igitutu, aho ibihugu bimwe bivugwaho kwinjira mu migambi igamije (…)

Iran na USA bari guterana amagambo aganisha mu ntambara nshya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko azakomeza gufunga ibyambu bya Iran ndetse icyo gihugu kizahura n’akaga gakomeye kugeza igihe kizemerera amasezerano (…)

Washington: Abanyamulenge bakoze urugendo rw’amahoro bamagana ubwicanyi bubakorerwa muri RDC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington DC rugamije kwamagana ubwicanyi ndengakamere zivuga ko buri gukorerwa (…)

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yicariye intebe ishyushye kubera dosiye ya Epstein

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, akomeje gusabwa kwegura kubera guha akazi umudipolomate wabaye inshuti magara y’umushoramari Jeffrey Epstein wahamijwe ibyaha byo gushora abakobwa (…)