Imyidagaduro
Apotre Mutabazi agiye gukora ubukwe n’umukunzi we aho yatumiye abantu 30 gusa kugirango yitandukanye n’indyarya
Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice yateguje ubukwe bwe n’umukunzi we, Beatrice, bamaranye hafi umwaka bakundana, avuga ko buzitabirwa n’abantu 30 gusa yise inshuti nyanshuti n’abavandimwe. Ubukwe (…)
Biteye isoni n’ikimwaro gikomeye, ibihunduka bihunduke - Agahinda k’abahoze bakinira APR FC
Bamwe mu bahoze bakinira APR FC, bagaragaje agahinda batewe n’igisebo iyi kipe bakiniye yahuye nacyo inyagirwa na Gor Mahia 5-0 mu mukino ufungura CECAFA Kagame Cup. Ku myaka ufite uwakubaza (…)
Yugi Umukaraza uheruka kuregwa na Shaddyboo yatawe muri yombi
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Iradukunda Olivier, uzwi nka Yugi Umukaraza, afungwa by’agateganyo iminsi 30, nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma akekwaho icyaha cyo gukora (…)
Guterera umukobwa ivi ni umwuka wa Satani - Apotre Gitwaza
Umushumba Mukuru w’Itorero Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yatangaje ko ibyo abasore bakora baterera ivi abakobwa mu gihe babambika impeta babasaba ko bazabana (…)
Harmonize yahishuye icyamutandukanyije na Kajala
Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Harmonize, yahishuye ko impamvu yatumye we na Kajala Masanja bongera gutandukana, ari uko uyu mukunzi we atamwubahaga. Byatangiye gukekwa ubwo aba bombi (…)
Meddy yishimiye bikomeye itaha amara masa rya Messi
Umuhanzi Nyarwanda. Ngabo Medard uzwi nka Meddy yishimiye bikomeye kuba Argentine ya Lionel Messi itaratwaye igikombe cy’Isi. Mu ijoro ryakeye nibwo habaye umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi (…)
Bakora ibishoboka ngo babashimishe mugahindukira mukabatera amabuye - Muyango Claudine
Uwase Muyango Claudine yavuze ko yahisemo kujya akora ibimunezeza, ibimwishyura atitaye ku magambo y’abantu abo ari bo bose kuko yasanze ari bo bahindukira bakamutera amabuye. Muyango umaze (…)
Zari Hassan yasubiranye n’umugabo we Shakib anatangaza amagambo akomeye ku mubano wabo
Umunyamideli akaba n’umushoramari ukomeye muri Afurika y’Iburasirazuba, Zari Hassan nyuma yo kwiyunga n’umugabo we Shakib Lutaaya Cham bagasubirana, yavuze ko ibanga rikomeye rituma urukundo rwabo (…)
Ibibaye kuri Espagne bishobora gutuma itsindwa umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yahuye n’imbogamizi ikomeye mbere y’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi, aho imyitozo yayo ya nyuma yari iteganyijwe ejo kuwa Gatandatu yasubitswe burundu bitewe (…)
Umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi ushobora gusubikwa
Mu gihe hasigaye iminsi ibiri ngo hakinwe umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 uzahuza Espagne na Argentine, impungenge zatewe n’umwuka wanduye ushobora kwibasira agace ka New York na New (…)