Politiki
AFC/M23 yarekuye ibice byinshi muri Walikare
Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari kuva mu bice byinshi byo muri Gurupoma ya Ikobo muri Teritwari ya Walikare mu (…)
Amerika yasuzuguye amakuru ku gitero cya Iran biyiviramo akaga gakomeye
Ubuhamya bw’abasirikare ba Amerika barokotse igitero cya Iran ku kigo cya gisirikare cya Port Shuaiba muri Kuwait, bwagaragaje ko abayobozi babo bari barahawe amakuru y’ubutasi aburira ko icyo (…)
Kalemi hagaragaye abacancuro benshi b’abazungu n’ibikoresho byabo
Abacanshuro b’abanyamahanga bakodeshejwe na Guverinoma ya Congo n’ibikoresho byabo bagaragaye uyu munsi, kuwa Mbere, mu mihanda ya Kalemi berekeza muri Baraka. Haravugwa kandi izindi ngabo (…)
The Ben yakiriye Ashton Hall mu rugo
The Ben yakiriye iwe mu rugo Umunyamerika Ashton Hall n’itsinda bari kumwe, ririmo Ashton Small wamamaye nka Kagarara ndetse na Yogendra Kushwah uzwi nka Indian Ashton Hall. Ni igikorwa cyabaye (…)
Moise Nyarugabo wahoze ari Senateri akaba n’umwe mu begereye Joseph Kabila yagaragaye mu bice bigaruriwe na Twirwaneho
Uwahoze ari Senateri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Moïse Nyarugabo, uri mu begereye Joseph Kabila, yasuye Point Zéro nyuma y’iminsi micye habohojwe n’abarwanyi b’umutwe wa Twirwaneho. (…)
FARDC yakiriye izindi drones kabuhariwe zikorwa na Turkiya
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ataremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose rubifitiye ububasha, aravuga ko Igisirikare cya FARDC cyakiriye indege 3 zitagira abapilote zigezweho (…)
Senateri Lindsey Graham wavuganiye AFC/M23 kenshi, yapfuye
Senateri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham wo mu ishyaka ry’Aba-Republicains, yapfuye afite imyaka 71. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wari uhagarariye (…)
Imodoka 3 zari zitwaye abasirikare b’u Burundi n’amasasu zagabweho ibitero, imirwano ya Fizi na Minembwe yongeye guhindura isura
Imirwano ikomeje kubera mu misozi miremire yo mu Ntara ya Sud-Kivu yongeye kuvugwamo impinduka zikomeye nyuma y’amakuru aturuka muri Teritwari ya Fizi avuga ko imodoka eshatu zari zitwaye (…)
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yahize guhorera ku rupfu rwa se
Umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Mojtaba Khamenei, yatangaje ko igihugu cye kigomba kwihorera ku rupfu rwa se Ali Khamenei wiciwe mu biteri byagabwe na Amerika mu mpera za Gashyantare 2026. (…)
AFC/M23 yigambye ko yarangije intambara yo muri Minembwe
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ibikorwa by’imirwano muri Komini ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, byasojwe nyuma y’uko rivuga ko ryigaruriye ibice byari bifitwe n’ingabo za Leta ya (…)