Politiki
RDC: Abapfakazi b’abasirikare batangije imyigaragambyo ikomeye basaba Ibintu 2
Abapfakazi b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bitabye Imana bongeye kuzamura ijwi ryabo mu rwego rwo gusaba Leta kubaha uburenganzira bavuga ko bamaze igihe kirekire (…)
UN yahaye Perezida Kagame inshingano zikomeye mu bijyanye na AI
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagizwe umwe mu bayobozi ba Komisiyo Mpuzamahanga yiswe AI for Good Global Commission, igamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (…)
Amabwiriza ya nyuma ya Fred Rwigema n’ibihe bishaririye ku rugamba rwo kubohora igihugu
Ubuzima bwo kuba impunzi, gutotezwa no guhora wibutswa ko igihugu cyawe kiri kure yawe ni bimwe mu byatumye urubyiruko rw’Abanyarwanda rwari rwarakuriye muri Uganda rutangira gutekereza inzira (…)
AFC/M23 na Twirwaneho bafashe akandi gace gakomeye kari karazengerejwe n’ingabo za Leta
Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uharanira uburenganzira bw’Abanyamulenge, ufatanyije n’ihuriro AFC/M23, nyuma yo gufata agace ka Point Zero, bigaruriye akandi ko muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu (…)
AFC/M23 yatangaje ko itazigera iva ku butaka bwa Congo
Umutwe wa AFC/M23 uhanganye n’ingabo za Leta ya Congo n’abazishyigikiye mu ntambara yo mu Burasirazuba bw’igihugu, wabwiye abayoboye Congo ko nta kintu na kimwe cyabakura ku butaka bw’igihugu (…)
Perezida Ndayishimiye wiyemeje gufasha inshuti ye Tshisekedi yahurije i Bujumbura abatavugarumwe nawe
Nyuma y’uko abatavuga rumwe n’Ubutegetsi bwa RDC bakomeje kujegeza Tshisekedi, inshuti ye y’akadasohoka, Perezida Ndayishimiye, yakoze ibishoboka byose aho yabahurije i Bujumbura mu biganiro byo (…)
Hakomeje kwibazwa impamvu Mojtaba Khamenei uyobora Iran muri iki gihe atabonetse mu muhango wo gushyingura se
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, ntabwo yabonetse mu muhango wo gushyingura se, ubwo abayobozi bakuru b’igihugu bifatanyaga n’ibihumbi mu guha icyubahiro nyakwigendera Ayatollah (…)
EU yahinduye intekerezo ku ngabo za RDF ziri Cabo Delgado
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uzakomeza gutera inkunga ubutumwa bw’ingabo z’u Rwanda zifasha igihugu cye kurwanya iterabwoba mu Ntara ya (…)
Ndayishimiye yijeje Tshisekedi kumugwa inyuma: Ibitaravuzwe ku ruzinduko rw’i Kinshasa
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka gusura i Kinshasa inshuti ye y’akadasohoka, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri (…)
Perezida Tshisekedi yatumye Ndayishimiye kuri AFC/M23 ngo baganire
Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yahaye Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, inshingano zo kuganiriza bamwe mu (…)