Ubuzima
Umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye yishe mugenzi we amutemye
Polisi muri Kenya yataye muri yombi umunyeshuri wo mu mwaka wa 9 ushinjwa kwica mugenzi we nyuma y’amakimbirane ashingiye ku bikoresho byo kwigiraho mu ishuri ryisumbuye riherereye Uriri, mu (…)
Gicumbi: Banze gushyingura umurambo wa Se kubera ikibazo cy’ubutaka
Abaturage bo mu Murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Gicumbi, batunguwe no kubona umurambo w’uwitwa Kayumba Nyamugenda usigaye ku gasi, nyuma y’uko umuhango wo kumushyingura ihagaze bitewe (…)
Yishwe n’umuti gakondo bikekwa ko wari washyizwemo amabyi y’imvubu
Umuti gakondo urimo amase y’imvubu wanyowe n’umugore n’umugabo bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Murama kugira ngo ubakize uburwayi bari bafite, bikekwa ko ari wo wahitanye umugabo mu gihe (…)
Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya ariko wowe ntubimenye
Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi (…)
Dosiye y’umunyamategeko wise umuntu ‘igikuri’ yaregewe Urukiko Rwisumbuye
Nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko akaba n’Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, wise ‘igikuri’ (…)
Umukinnyi wari warumvikanya na APR ngo azayikinire yitabye Imana
Byiringiro Patrick wakiniraga Kepler VC akaba yari yamaze kumvikana na APR VC, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rw’uyu mukinnyi ukiri muto kandi w’umuhanga, yamenyekanye mu (…)
Rwamagana: Umugabo akurikiranweho kwica umugore we amukubise ikibando
Inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Rwamagana, zataye muri yombi umugabo wo mu Murenge wa Musha ukekwaho kwica umugore we amukubise ikibando mu mutwe, kubera amakimbirane bari bamaranye (…)
Karongi: Urukiko rwakatiye umugore wari ukurikiranweho kwiyicira umwana
Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo umugore w’imyaka 31 wari ukurikiranweho icyaha cyo kwica umwana yibyariye ndetse n’icyaha cy’ubwinjiracyaha ku cyaha (…)
Umucungamutungo yafunzwe akurikiranweho kunyereza miliyoni zisaga 6RWF
Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo iminsi 30 umucungamutungo wa koperative icunga umutekano ‘Umoja ni Nguvu Rwanda Cooperative’. (…)
Kamonyi: Imbangukiragutabara yagonze umusore w’imyaka 19 ahita apfa
Kamonyi: Imbangukiragutabara y’Ibitaro bya Remera Rukoma yagonze umusore w’imyaka 19 y’amavuko ahita apfa. Iyi mpanuka y’imodoka itwara abarwayi yabereye mu Mudugudu wa Kamayanja, Akagari ka (…)