Politiki
PAC yaguye mu kantu! Intebe zaguzwe Miliyoni 11 Frw zangiritse hadashize n’umwaka, RMS yongeraho Miliyoni 1,2 Frw yo kuzisana
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), bagaragaje ko bitumvikana uburyo Ikigo gishinzwe kugura no gukwirakwiza imiti n’ibikoresho byo kwa (…)
Burundi: Isoko ryahiye rirakongoka nyuma yo kubura urizimya - Icyo Perezida Ndayishimiye abivugaho
Isoko Rikuru rya Ngozi mu Majyaruguru y’u Burundi ku mugoroba w’ejo talikiya 9 Nyakanga 2026, ahagana saa 20:00 z’umugoroba ryibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye rirashya rirakongoka. Amakuru (…)
Iran yihimuye kuri Amerika
Intambara y’amagambo n’ibitero hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yongeye gukaza umurego mu ijoro ryo ku wa 8 rishyira ku wa 9 Nyakanga 2026, aho impande zombi zashyamiranye ku nshuro (…)
Niba badashaka kumva ibyo mbabwira bazumvira ijeri - Col (Rtd) Bora wahoze muri FDLR aburira bagenzi be
Col (Rtd) Nshimiyimana Augustin alias ‘Bora Manasseh’ wahoze ashinzwe ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda kumva impanuro akunze (…)
Trump yibasiye bikomeye ubutegetsi bwa Iran anavuga ko atagishaka kugirana amasezerano na bwo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agahenge hagati ya Amerika na Iran “karangiye”, ashinja Iran kugira ubuyobozi bwazobereye mu guhwika. Ni nyuma y’uko (…)
Perezida Kagame yitabiriye inama ya AI ahamagarira Afurika gufata iya mbere muri iri koranabuhanga
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rugaragara mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence-AI), agaragaza ko (…)
U Rwanda rwashubije Uburundi buherutse gutira intwaro n’abasirikare ngo burutere ubwoba
U Rwanda rukomeje gutanga ubutumwa bugaragaza ko rushyize imbere kubaka ubushobozi bw’Ingabo zarwo binyuze mu bufatanye n’ibindi bihugu, aho kwinjira mu bikorwa byo kwiyerekana no gukoresha (…)
Ubwato karundura bw’Uburundi bwakoraga uburinzi muri Tanganyika bwaburiwe irengero
Amakuru aturuka mu gisirikare cy’u Burundi aravuga ko ubwato bwacyo bwifashishwaga mu gucunga umutekano mu Kiyaga cya Tanganyika bumaze iminsi ibiri bwaraburiwe irengero. Ubu bwato buzwi nka (…)
Amerika na Iran byongeye kurasanaho nyuma y’ukwezi kumwe gusa basinye amasezerano
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko yagabye ibitero “bikomeye” kuri Iran mu rwego rwo gusubiza ibitero ku bwato butatu bwa peteroli mu Muhora wa Hormuz. Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo za (…)
Mu gihe Tshisekedi bikimugoye Mnangagwa WA Zimbabwe yatangaje amavugururwa ku itegekonshinga
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yashyize umukono ku ivugurura ry’Itegeko Nshinga rikuraho amatora ya Perezida ataziguye, risubika amatora ateganyijwe ndetse rikongerera igihe azamara ku (…)