Politiki
FARDC yishe umurwanyi ukomeye wari wariyise General Herodi
Umwe mu barwanyi bari bakomeye mu Ntara ya Ituri, wari wariyise Jenerali “Hérode” yapfiriye mu mirwano umutwe w’abarwanyi yari ayoboye bahanganyemo n’ingabo za Congo, FARDC. Kakani Tondabo (…)
Rwanda: Urwagwa n’ikigage bigiye kujya bisabirwa uruhushya mbere yo kwengwa no kunyobwa
Guverinoma y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yashyizeho amabwiriza mashya agenga itegurwa ry’ibinyobwa gakondo bikorwa mu rugo bigategurirwa ubukwe, ibirori, imihango (…)
Minisiteri ya Siporo n’iy’Urubyiruko zabonye abanyamabanga bahoraho bashya
Perezida Kagame yagize Ngabo Brave Olivier Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, naho Ishungure Parfait agirwa Umunyambanga Uhoraho muri Ministeri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi. (…)
Iran yatangaje ko igiye gufunga indi mihora ikomeye ku isi
Iran yatangaje ko ishobora gufunga indi mihora ikomeye ikoreshwa mu gutwara ibikomoka kuri peteroli n’ibindi bicuruzwa ku Isi, nyuma y’uko ikomeje ubushyamirane na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)
Trump yiyemeje gufunga Iran burundu
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zigiye kongera kugaba ibitero bikomeye kuri Iran, mu gihe amakimbirane hagati y’ibihugu byombi akomeje (…)
Visit Rwanda yasinyanye amasezerano akomeye na Aston Villa yo mu Bwongereza
Ikipe ya Aston Villa yo mu Cyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League) yumvikanye na Visit Rwanda ko izajya yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda ku gice cy’imbere cy’imyambaro yayo guhera muri (…)
Iran na Amerika bikomeje kumvana imitsi ariko amato atwaye Peterori akomeza kuhahurira n’akaga
Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byakomeje kumishanaho ibisasu bya misile na drones aho Amerika ivuga ko yarashe ahantu hatandukanye muri Iran, iki gihugu na cyo kivuga ko cyarashe ibirindiro (…)
Umusenateri ukomeye muri Amerika yifatiye ku gahanga Donald Trump amushinja kuduruvanga Amerika
Umuyobozi w’Abasenateri b’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chuck Schumer, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump nyuma y’aho amenyesheje Kongere ko Amerika yongeye kujya mu (…)
Leta ya RDC yohereje abofisiye batatu i Goma
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwohereje mu Mujyi wa Goma abofisiye batatu bazagira uruhare mu kugenzura iyubahirizwa ry’agahenge mu burasirazuba bw’igihugu. Aba (…)
Donald Trump yafatiye ibihano bikakaye Iran nyuma y’uko Iran igabye ibitero bikomeye ku birindiro byayo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye gukaza ingamba zo kugenzura Umuhora wa Hormuz, aho yavuze ko ubwato bwose bwa Iran n’ubw’abafatanyabikorwa (…)