Politiki

Perezida Kagame yashimangiye ko kwibohora kw’Abanyarwanda bitazigera birangira

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimangiye ko gukora ibikorwa byo kwibohora bitazigera bihagara ahubwo bizakomeza kujyanishwa n’igihe, asaba Abanyarwanda gukomeza kunga ubumwe (…)

Gen. Muhoozi yifatanyije n’u Rwanda ku munsi wo Kwibohora ashima ubuyobozi bwa Perezida Kagame

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yifatanyije n’Abanyarwanda kwizihiza ku ncuro ya 32 umunsi wo Kwibohora, ashima iterambere u Rwanda rumaze kugeraho muri iyo myaka, (…)

Amerika yinjiye mu ntambara yo muri RDC, izana itegeko rishya rigiye guhindura imibanire n’u Rwanda

Ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigaragaza ko ziteguye (…)

Umunsi Samusure asetsa Perezida Kagame bitewe na Min. Nelly Mukazayire

Umukinnyi wa filime, Samusure yatangaje ko atajya yibagirwa umunsi agirirwa icyizere kidasanzwe na Minisitiri wa Siporo, Madame Nelly Mukazayire byanamuviriyemo gutoranywa mu bandi banyarwenya (…)

Harris Kamala yaciye amarenga ko Donald Trump yaba ari ikigoryi

Kamala Harris yakomewe amashyi y’urufaya ubwo yagaragazaga ko intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashoje kuri Iran ari umwanda. Yabigarutseho ku gicamunsi cyo ku wa 7 Gicurasi (…)

Coup d’Etat mu Burundi? Intambara mu nzego z’umutekano yongeye kubura nyuma yo kurekurwa kwa Bunyoni

Umwuka mubi n’amakimbirane ukomeje gufata intera mu nzego z’umutekano n’iza politiki mu Burundi muri uyu mwaka wa 2026, aho amakuru atandukanye agaragaza ko igisirikare cy’u Burundi (FDNB) kiri mu (…)

Mu mugi wa Uvira habyukiye imirwano ikomeye cyane

Umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye kwisanga mu bihe bikomeye by’umutekano muke, nyuma y’ibikorwa byafashwe nk’imbarutso (…)

U Rwanda mu murongo utukura mu iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’itangazamakuru ku isi

Iyi raporo ya World Press Freedom Index yerekana ko n’ubwo igihugu gikomeje gutera imbere mu nzego zitandukanye, urwego rw’itangazamakuru rugifite imbogamizi zikomeye. Iyi raporo iriho ibihugu (…)

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mageragere yatawe muri yombi

RIB ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yatangaje ko Gitifu Hategekimana Silas akurikiranyweho “ibyaha bya ruswa no kumena ibanga ry’akazi.” Uru rwego rwasobanuye ko mu mwaka wa 2023 na 2024 (…)

Amerika yongeye gukubita Iran Ahababaza

Ingabo za Amerika zatangaje ko zasubijeyo ubwato 31 bwiganjemo ubw’ibikomoka kuri peteroli bwari buvuye ku byambu bya Iran. BBC yanditse ko bwinshi muri ubu bwato bwari bwikoreye ibikomoka kuri (…)