Imyidagaduro
Diamond yagaragaje umukobwa w’ikizungerezi ashobora kuba yarasimbuje Zuchu
Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz, yongeye gutuma abantu bacicikana ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze ifoto y’umukobwa w’uburanga buhebuje witwa Kristine Boris, (…)
Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rw’Umunyamerika Ashton Hall mu Bigowe
Umunyamerika wubatse izina mu myitozo ngororamubiri, Ashton Hall, ari kumwe na Kagarara AKA Ashton Small ndetse n’Umuhindi Indian Ashton Hall, basuye mu Bigogwe ahari ubukerarugendo bushingiye ku (…)
Diamond na Zuchu ntibagicana uwaka, basabye gatanya
Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Zuhura Othman Soud, uzwi cyane nka Zuchu, yatangaje ko we n’umugabo we, Diamond Platnumz batandukanye ndetse batangiye inzira yo gusaba gatanya mu buryo (…)
Nyuma y’uko hari bamwe muri bo bahanwe abasifuzi basigaye banga gusifura imikino imwe n’imwe
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice yahishuye ko hari bamwe mu basifuzi bo mu Cyiciro cya mbere basigaye banga gusifura imikino imwe n’imwe. Ni (…)
Dj Sonia yashyize hanze inyandiko igaragaza agahinda ke k’imyaka 3 amaze atotezwa ntabone ubutabera
Sonia Kayitesi wamamaye mu kuvangavanga imiziki nka Dj Sonia, avuga ko amaze imyaka itatu atotezwa na RIB yiyambaje ikaba itaragize icyo imufasha. Ibi yabigarutseho nyuma y’uko mu minsi ishize (…)
Yatabaje Min. Utumatwishima, atanga ibirego muri RIB ntiyabona ubutabera - Dj Sonia byose abishyize hanze
Umwe mu bakobwa bavanga imiziki mu Rwanda, Kayitesi Sonia uzwi nka DJ Sonia aratabaza avuga ko hari imigambi yo kumugirira nabi cyane kumwangisha abantu iri gucurwa n’abantu atatangaje amazina (…)
Rayon Sports yaguze umunyezamu w’umunya- Cameroon nyuma y’uko Kwizera ayinaniye
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umunyezamu Dande Junior wakiniraga Ikipe ya Canon Sportif de Yaoundé y’iwabo muri Cameroun. Uyu munyezamu w’imyaka 28, yakiniye kandi amakipe (…)
Dj Sonia yavuze ku makuru yavugaga ko yasambaniye n’umuherwe mu bwiherero - Asobanura ko yareze abantu 5 muri RIB
Mu gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje kuba igicumbi cy’amakuru agenda asakazwa n’abazikoresha, hari ubwo ziba n’intandaro yo kwangiza ubuzima bw’abandi binyuze mu kubasebya, kubaharabika no (…)
FIFA yatangiye iperereza ku irondaruhu ryakorewe IShowSpeed ku mukino wa Argentine na Cabo Verde
Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryatangaje ko ryatangiye gukora iperereza ku bivugwa ko umunyamerika w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed yakorewe ivanguraruhu (…)
Shaddyboo ari muri Isange Rehabilitation Centre aho ari gufashwa kuva ku biyobyabwenge
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yemeje ko Mbabazi Shadia, uzwi cyane nka Shaddyboo, atafunzwe nk’uko byari byatangiye kuvugwa ku mbuga (…)