Imyidagaduro

Zuchu uri muri gatanya ashobora kuviramo aho nta mutungo akuye kuri Diamond

Mu gihe harimo kuvugwa gatanya hagati y’abahanzi babiri bakomeye bo muri Tanzania, Diamond Platnumz na Zuchu, bishobora kuzarangira ntacyo bagabanye Mu minsi ishize nibwo Zuchu yavuze ko (…)

Umukinnyi wa Aston Villa yarakajwe n’uko iyi kipe yagiranye amasezerano na Visit Rwanda

Umukinnyi Johan Manzambi ukina mu kibuga hagati avugwaho kubabazwa n’uko Aston Villa ateganya kubera umukinnyi yagiranye amasezerano na Visit Rwanda yo kwamamaza ibyiza nyaburanga by’u Rwanda. (…)

Zari yatsindiye imitungo y’uwari umugabo we Ivan Ssemwanga wapfuye

Umunyamideli akaba n’umushoramari w’Umunya-Uganda uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan, yatsinze urubanza rwari rumaze imyaka aregamo ibijyanye no gucunga umutungo w’uwahoze ari umugabo we, Ivan (…)

FIFA ishobora guhana Argentine ya Messi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rishobora gufatira ibihano Ikipe y’Igihugu ya Argentina nyuma y’uko abakinnyi bayo bizihije intsinzi yo kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi (…)

Dj Sonia yababariye bamwe mu bari bafunzwe bazira kumusebya

DJ Sonia yahaye imbabazi abantu babiri muri barindwi batawe muri yombi bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no kumusebya. Nyuma yo gutabaza avuga ko abangamiwe n’agatsiko k’abantu bamubuza (…)

Zari yongeye gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwibagisha mu isura ngo akomeze kugira isura y’abato

Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Zari The Boss Lady, yatangaje ko aherutse gukoresha $10.000 (asaga miliyoni 14 Frw) mu kwibagisha isura ye kugira ngo isubirane itoto, (…)

Ariel Wayz umunyarwanda rukumbi ugiye guhatana n’abarimo Zuchu mu bihembo bya AFRIMMA 2026

Umuhanzikazi Uwayezu Ariel umaze kumenyekana nka Ariel Wayz, yashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Muzik Magazine Awards (AFRIMMA 2026), aho ari we muhanzi wenyine uhagarariye u (…)

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Senegal ryegetse insinzwi yayo y’igikombe cy’isi ku muganga

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal, Abdoulaye Fall, yatangaje ko umuganga wari ushinzwe kwita ku buzima bw’ikipe y’igihugu atari afite ubunararibonye buhagije mu buvuzi bwa (…)

Ashton Hall ukubutse mu Rwanda yagaragaye ku rutonde rw’abinjije menshi ku mbuga nkoranyambaga

Umunyamerika Ashton Hall, uheruka kugirira uruzinduko mu Rwanda, yagaragaye ku rutonde rwa Forbes Top Creators 2026 ruhuza abakora ibibera ku mbuga nkoranyambaga [ content] 50 binjirijeho (…)

Ashton yahishuye impamvu atagiye muri Uganda nk’uko yari yabiteguye

Umunyamerika wamamaye mu bijyanye no gukora imyitozo ngororamubiri no gusangiza abantu ubuzima buzira umuze, Ashton Hall, yatangaje ko atabashije gusura Uganda nk’uko yari yarabiteguye, bitewe (…)