Imyidagaduro

Vestine na Dorcas bavuze ku itandukana ryabona MIE ndetse n’umwuka mubi wavuzwe hagati yabo

Itsinda ry’abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryatangiye urugendo rushya nyuma yo gutandukana na MIE ya Murindahabi Iréné, rihumuriza abakunzi (…)

Bwa mbere Vestine yavuze ku mwana we yabyariye muri Canada

Nyuma y’igihe kinini havugwa amakuru y’uko yaba yarabyariye muri Canada ariko akayaceceka, umuhanzikazi Ishimwe Vestine yamaze kwemeza ko ari umubyeyi w’umwana. Vestine yagiye muri Canada mu (…)

Rayon Sports yaguze rutahizamu bigoye cyane kumenya aho yakinnye

Rayon Sports yemeje isinya rya rutahizamu ukomoka muri Centrafrique, Boris Gbenou bigoye kubona amakipe yanyuzemo. Ni rutahizamu usatira anyuze ku mpande w’imyaka 22 ariko akaba afite (…)

APR FC na Rayon Sports zigomba kwishyura asaga miliyoni 44RWF ngo zemererwe gukina shampiyona y’umwaka utaha

Amakipe abiri akunzwe mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, yombi agomba kwishyura muri FERWAFA arenga miliyoni 40 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo akine Shampiyona y’icyiciro cya mbere umwaka (…)

Morocco ihagarariye Afurika yakatishije itike ya 1/4 yandika amateka

Ikipe y’igihugu ya Morocco ihagarariye umugabane wa Afurika yabaye ikipe ya mbere ikatishije itike ya 1/4 cy’igikombe cy’Isi cya 2026 kirimo kirabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na (…)

Misiri yigaranzuye Australia maze ibona itike iyerekeza muri 1/8

Ikipe y’igihugu ya Misiri yanditse amateka akomeye nyuma yo gusezerera Australia kuri penaliti 4-2, nyuma y’uko iminota 120 y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1, ihita ibona (…)

The Ben yishongoye kuri Bruce Melody nyuma yo kumwereka igihandure I Musanze

Nyuma y’igitaramo bahuriyemo i Musanze, The Ben yishongoye kuri Bruce Melodie, aca amarenga yo kumwereka ko umweru witandukanyije n’umukara nk’uko yari yabimwijeje mu kiganiro n’abanyamakuru. (…)

Vestine na Dorcas barasabwa miliyoni 60 Frw kugirango bahabwe indirimbo bakoranye na MIE

Itsinda ry’abahanzikazi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ryatangaje ko rihagaritse ubufatanye na MIE Entertainment Ltd yari iyobowe na Irene Murindahabi (M Irene) (…)

Umugabo yaguye agacuho nyuma yo gusambanya umukecuru w’imyaka 89

Umugabo w’imyaka 29 y’amavuko yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo gusambanya ku gahato umukecuru w’imyaka 89 mu gihugu cya South Africa. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 26 (…)

DC Clement yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

DC Clement akurikiranyweho ibyaha bine: Gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta, Kwangiza cyangwa konona ikintu cy’undi, Kurwanya ububasha bw’amategeko no Guteza imvururu (…)