Ubuzima
Indwara enye(4) nshya zandurira mu mibonano mpuzabitsina zihangayikishije impuguke
Hari indwara nshya zivuka buri munsi, kandi zimwe muri zo ni indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina. Zimwe muri izi ndwara zihangayikishije abahanga n’abahanga muri siyansi kuko zigoye (…)
Abagore barenga 800 bashyingiwe batarageza imyaka 21 muri 2025
Raporo y’irangamimerere mu Rwanda ya 2025 igaragaza ko muri uwo mwaka ingo zisaga ibihumbi 50 zashyingiwe mu mategeko, ndetse umubare munini w’abagore bashaka bari munsi y’imyaka 25 aho abarenga (…)